Você está na página 1de 21

Ibibazo test 1 1

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


1 Iyo ikinyabiziga gikururwa n’ikindi Ni ryali umuyobozi w’ikinyabiziga 1
ashobora kuzimya moteli, akavanamo
vitese igihe agenda ahamanuka ?
2. - Icyapa kiburira cya mpandeshatu Ni ibihe bintu buri ikinyabiziga 0
ndinganire kigomba Kugira?
- Agahago k’ubutabazi karimo ibipfuko
bine bitanduza, ibikwasi 4 bitifungura,
agatabo kanditsemo iby’ubutabazi,
agacupa k’umuti wica udukoko
3 Amatara ndangambere Ni ayahe matara aranga ikinyabiziga 1
kandi akigaragaza ubugari bwacyo
burebewe imbere?
4 Werekana aho abayobozi zireba Umurongo ugizwe na mpandeshatu 1
bagomba guhagarara akanya gato niba zerekeje imitwe aho abayobozi
bishoboka kugirango batange inzira b’ibinyabiziga baturuka umenyesha iki
bakurikije icyapa B 1 mumuhanda?
5 aho abayobozi bategetswe guhagarara Umurongo mugari wera udacagaguye 1
akanya gato babitegetswe n’icyapa uciye kuburyo bugororotse ku
(STOP) cyangwa ikimenyetso kimurika nkengero y’umuhanda werekana iki?
kerekana uburyo bwo kugenda mu
muhanda
6 Haba hari imirongo ibiri icagaguye Vuga uko ahantu abayobozi 1
iteganye, igizwe na za mpandenye b’amagare n’aba velomoteri zifite
ndinganire cg ingirwamwashi imitende ibiri bambukiranya
umuhanda haba hameze.
7 20 ans: C,D, E, F Imyaka y’ifatizo ku nzego ku nzego 1
18 ans: A na B z’ibinyabiziga zibaho mu Rwanda ni
15 Kubayobozi ba za velomoteri ingahe? Vuga buri rwego n’imyaka
n’amagare iyo bitwaye na 17 mu bindi yarwo.
bihe
14 : Abayobozi b’inyamaswa zikurura
12 : Abayobozi b’amatungo
8 Ashobora gukatira ibumoso iyo yar’ari Ni ryari uva mumurongo wari urimo 1
mu murongo w’I bumoso iyo mwagendaga mubangikanye ?
Ashobora gukatira iburyo iyo yari ari
mu murongo w’iburyo
9 - Kubanza kubyerekana ku buryo Umuyobozi w’ikinyabiziga uhinduye 0
buhagije nibura muri 50m ikerekezo agomba gukora iki ?
akoresheje amatara ndanga
y’ikinyabiziga cye yaba atayafite
agakoresha ukuboko kwe
- Kugabanya umuvuduko
- Kureka hagahita ibinyabiziga
n’abanyamaguru bigenda mu
muhanda avuyemo cg biwugenda
kuruhande
- Kureka hagahita abanyamaguru
bambukiranya umuhanda avuyemo
cg aganamo
Ibibazo test 1 2

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


10 - Ibinyabiziga bitarengeje 3500 Iyo nta mategeko awugabanya 1
kg : 80km/h birushijeho, umuvuduko ntarengwa ni
- Voiture, taxis : 70 kms/h uwuhe kubinyabiziga (vuga buri
- Bus (3500 – 12500): 60 Km /h kimwe kimwe) ?
- Camions (> 12500)+
velomoteri : 50 km/h
- Tracteurs : 25 km/h
11 - 50 kms /h: izitwara abantu Umuvuduko wo munsisiro uteye ute? 1
- 40: izindi
12 Iyo ibinyabiziga bigeze mu 1
masangano aho banyura bagombye
Ibyagezemo nibyo bitambuka mbere kuzenguruka (rond point) ari
ibyagezemo ari n’ibigiye kwinjira
n’ibihe bitambuka mbere?
13 Agomba guhita ava muri iryo sangano Umuyobozi ugeze mu isangano aho 0.5
adategereje ko kugenda mucyerekezo ibimenyetso by’umuriro biyobora
ajyamo byemerwa, akabikora ibinyabiziga abigenza ate?
atabangamiye ibindi binyabiziga bifite
uburenganzira bwo gutambuka.
14 - Ibitwara abantu muri rusange Ni ibihe binyabiziga bigomba 0.5
- Ibyo bigiraho gutwara gukorerwa isuzumwa nibura 2 mu
- Ibitwara ibintu birengeje 3,5 mwaka?
toni………………….
15 - Iyo ari mu nsisiro Ni ryali ibinyabiziga bya gisilikare 0
- Kuva bwije kugeza bukeye bidakurikiza amategeko agenga
- Iyo igihu cyabuditse ibinyabiziga biherekeranyije mu
butumwa ?
16 - Bategetswe kugendera ku nkengero Iyo abanyamaguru bagendera mu 0
z’umuhanda ku ruhande nzira nyabagendwa, ni uruhe ruhande
rw’ibumoso ukurikije ikerekezo bategetse kugenderamo?
baganamo.
- Abacunga za velomoteri na za moto
bategetswe kunyura kuruhande
rw’iburyo
- Iyo ari umurongo w’abasilikare cg
umurongo w’abanyeshuli uyobowe
n’umwalimu: banyura iburyo

17 Iyo ibibuzwa byinsi byubahirizwa Ni ryali ibigereranyo bigomba 1


ahantu hamwe, nyamara ntibishobora gushyirwa ku ngasire (disque) imwe?
kurenga bitatu ku ngasire imwe.
18 - Velomoteri +Amagare + Ubugari ntarengwa bw’imizigo 0
romoroki zikururwa n’utwo yikorewe :
tunyabiziga; zidafite udupine
kuruhande: 0,75m
- Moto zidafite akanyabiziga
kuruhande; 1,25m
- Ipikipiki ifite akanyabiziga na
za romoroki zikuruwe na bene
Ibibazo test 1 3

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


ibyo binyabiziga ntibishobora
kurenza 30 cm ku bugari
bw’ibyo binyabiziga
bidapakiyye
- Ibinnyamitende itatu, ine bifite
cg ibidafite moteri; 30 cm ku
bugari bw’ibyo binyabiziga
- Ubugari rusange bw’imizigo
ipakiwe n’ikibipakiye
ntibushobora kurenza 2,50m
-
19 Igihe cyose birabujijwe Ni ryali bibujijwe kugenda ibumoso 1
bw’umurongo wera udacagaguye ?
20 Icyapa kibuza kurenga 80 Km/h kiba ari Icyapa kibuza kurenza 80 kms /h 1
ingasire ifite umuzenguruko utukura nikigutegeka kutajya munsi ya 80 kms
ubuso bw’umweru na 80 yanditse /h bitandukaniye he ? bishushanye.
mw’ibara ry’umukara
Naho icyapa gitegeka kutajya munsi ya
80km/h kiba gifite ingasire ifite ubuso
bw’ubururu na 80 byanditse n’ibara
ryera.
21 - Butatu Ibimenyetso bigenga uburyo bwo 1
- Ibyapa kugenda mu muhanda birimo uburyo
- Ibimenyetso bimurika bungahe ? Buvuge ?
- Ibimenyetso byo mu muhanda
22 - Ibyapa biburira Ibyapa (ibimenyetso) byo 1
- Ibyapa byo gutambuka mbere mumuhanda biri amoko angahe ?
- Ibyapa bibuza n’ibitegeka
- Ibyapa biyobora
23 - Abyerekwa n’umurongo ucagaguye Umuyobozi ugenda mumuhanda 1
uduce tugufi kandi twegeranye ugabanijwe n’umurongo ucagaguye
abwirwa n’iki ko ari hafi kugera
kumurongo udacagaguye?
24 Uretse ibyo bategekwa n’abakozi Ibimenyetso abayobozi b’ibinyabiziga 0.5
babifitiye ububasha, ntibategetswe ndakumirwa badakurikiza ni ibihe mu
kubahiriza amategeko agenga gihe guhita kwabo kurangwa
umuvuduko ntarengwa n’intabaza yihariye?
n’ay’ibimenyetso bimurika bigenga
uburyo bwo kugenda mu muhanda
25 Ibyapa biburira: Triangle Ibyapa biburira n’ibyo gutambuka 1
umuzenguruko utukura, ubuso ni mbere (amabara)
umweru ikimenyetso umukara
Hariho ibyo gutambuka mbere bifite
ubuso bw’umuhondo
26 Ibyapa bibuza: Ingasire izengurutswe Ibyapa bibuza n’ibindi 1
n’ibara ritukura, ubuso umweru
ikimenyetso ni umukara
Ibyapa bitegeka: Ubururu (ubuso)
ikimenyetso ni umweru
Ibibazo test 1 4

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


Ibiyobora: ibyinshi ni ubururu
ikimenyetso umweru
Iby’ingoboka: Ubururu, ikimenyetso
cy’umukara mu buso bw’umweru
28 Agomba kugira aho yicara hatari munsi Umuyobozi w’ikinyabiziga cg 1
ya 55 cm (iyo yicaranye n’abandi w’ikinyamitende itatu (ine) bifite
ntibyemewe ko buri wese yajya munsi moteur agomba kugira aho yicara
ya 40cm hafite ubugarii butari munsi ya cm
zingahe?
29 30m Hagati y’ibinyabiziga biherekeranije 1
A mu butumwa bigamije urugendo
rumwe hagomba kubamo byibura m
zingahe?
29 Imbere: “ATTENTION CONVOI” Ikinyabiziga cya mbere n’icya nyuma 1
B Inyuma: “FIN DE CONVOI” bikurikiranye mubutumwa
bishyirwaho ibihe bimenyetso?
30 Ntushobora kurenga enye zikururanye Vuga umubare ntarengwa 0
n’esatu zibangikanye w’inyamaswa zikurura ikinyabiziga
zikururanye n’umubare ntarengwa
zibangikanye.
31 Mu ruhande rw’ibumoso Isonga y’impombo yohereza ibyotsi 1
ryerekezwa muruhe ruhande
rw’ikinyabiziga?
32 Ibimenyetso byerekana imirimo ikorwa Ninde ushyiraho ibimenyetso 1
A bishyirwaho n’uyikora bigakurwaho byerekana imirimo ikorerwa mu
n’uyikora iyo imirimo ikimara nzira? Bivanwaho ryari nande?
kurangira
B - Ubutegetsi bushinzwe inzira Ninde ushyiraho ibimenyesto 1
nyabagendwa iyo ari inkomyi by’inkomyi mu nzir anyabgendwa?
itatewe n’umuntu
- Uwa yiteye
33 ??? Ni gihe ki umuyobozi w’ikinyabiziga 0
ufite permis yo gutwara imodoka iri
mu rwego rwa “B” agomba gutwara
minibus?
34 - Imirongo yose y’ingabo Ni ryali abanyamaguru bagenda 1
n’agatsiko kose mumuhanda bategetswe kugendera
k’abanyamaguru bategetswe kuruhande rw’iburyo aho kugendera
kgendera iburyo bw’umuhanda ku ruhande rw’ibumoso?
kandi bagasiga umwanya
uhagije ibumoso ngo
ibinyabiziga bihite
35 - Ibinyabiziga bigenda buhoro Nibihe binyabiziga bitegetswe 1
n’ibinyabiziga byagenewe kugendera mu gice cy’umuhanda
gutwara abantu muri rusange gikikijwe n’uduce tugari tw’imirongo
tudafatanye tw’ibara ryera?
36. Ko bibujijwe guhagarara umwanya Umurongo w’umuhondo ucagaguye 1
kanini kuri uwo muhanda ku burebure uciye ku nkombe nyayo y’umuhanda,
bw’uwo murongo umusezero w’inzira y’abanyamaguru
Ibibazo test 1 5

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


cyangwa w’inkengero y’umuhanda
yegutse usobanura iki?
37 Amatara ndanga yakira rimwe Vuga ubwoko butatu bw’amatara 1
n’amatara magufi n’amatara maremare yakira rimwe buri gihe.
(cg kamenabihu)
38 Ibinyabiziga cg imitwaro birengeje Ni ibihe binyabiziga bitegetswe kugira 0
ubugari bwa 2,50m amatara ndangaburumbarare?
39 Ku ruhande rw’iburyo bigomba Ibikoresho ngarura – rumuli 1
kugaragara mw’ibara ritukura cg risa bigaragaza inkombe zombi z’inzira
nicunga rihishije nyabagendwa bigomba kugaragara mu
Ibumoso rigaragaza ibara ryera yahe mabara?
40 Ibyapa byamamaza ibimenyetso Ni ibihe byapa bibujijwe gushyirwa ku 0.2
biranga cg ibindi bikoresho bituma: nzira nyabagendwa?
Abayobozi b’ibinyabiziga bahuma;
bayoba byerekana cg byenda gusa naho
cyaba igice n’ibyapa byakwitiranywa
n’uri kure n’ibyapa cg bikagirira nabi
uburyo ubwo ari bwo bwose akamaro
gahuje n’ibimenetso bihuje
n’amategeko
41 Ukuboko kuzamuye: Itara ritukura Gereranya ibitegekwa n’abakozi 0
Amaboko atambitse: Itara ritukura ku babifitiye ububasha n’ibimenyetso
bamuruka imbere n’inyuma (itara bimurika
ry’icyatsi kubamuturuka kuruhande
Ibitegetswe n’abakozi babifitiye
ububasha birusha ububasha ibindi
bimenyetso
42 Amapikipiki na za velomoteri bidafite Ni ibihe binyabiziga bitari ngombwa 1
akanyabiziga kuruhande kurangirwa kure n’ibimenyetso
byabugenewe kugirango biburire
hakiri kare abandi baza babigana mu
gihe cyose byaba bihagaritswe ahantu
habujijwe?
43 - Uko ikinyabiziga cye kimeze Vuga nibura ibintu bine 4) umuyobozi 0.2
n’ibyo gihetse w’ikinyabiziga agomba
- Uko ahantu hameze kuringanirizaho umuvuduko
- Uko ahantu habona kugirango utamubera intandaro
- Ubwinshi bw’ibinyabiziga y’impanuka.
- Imimere y’umuhanda
44 - Aba ofisiye na ba suzofisiye ba Vuga nibura abantu batatu bafite 0
polisi y’igihugu bari mu kazi ububasha
- Ba kapulari ba polisi y’igihugu
bari ku kazi
- Abapolisi bashinzwe umutekano
mu muhanda
- Abakozi ba za gasutamo
- Abakozi bashinzwe amateme
- ...
45 - Kuguma aho impanuka Iyo impanuka yangije ibintu gusa 0
Ibibazo test 1 6

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


yabereye kugirango cyangwa hakaba hari abakomeretse
abyumvikaneho n’uwo byoroshye, abayobozi bakora iki ?
bagonganye
- Gufasha umukozi ubishinzwe
kugirango abyirebere
- Kubimenyesha umutegetsi
ushinzwe amahoro uri hafi
(igihe umukozi ubishinzwe
atabonetse)
46 - Guhita ahagarara iyo Iyo habaye impanuka umuyobozi 0
bimushobokerye kandi w’ikinyabiziga akora iki?
ntabangamire bushya uburyo
bwo kugenda mu muhanda
- Guhita yakiriza rimwe amatara
ndanga cyerekezo
- Kwerekana umwirondoro we
iyo abandi babimusabye
- Guhamagara abashinzwe
amahoro
- Iyo umuntu yapfiriye mu
mpanuka cg yakomeretse cyane,
kudahindura Ibimenyetso
by’uko byari bimeze
47 Ubwoko bwose bw’ibinyabiziga Uruhushya rw’agateganyo rwo 1
gutwara ibinyabiziga gafite agaciro
kubuhe bwoko bw’ibinyabiziga?
48 Agahanda k’amagare Igice cy’inzira nyabagendwa kiri 1
hagati y’imirongo yera icagaguye
ibangikanye (kandi gifite ubugari
budahagije kugirango imodoka
zitambuke neza) kimenyesha iki?
49 - Umukara (RAA 001 A) Ni ayahe mabara y’inyugguti ku byapa 1
- Ubururu ( GR 001 A) by’ibinyabiziga bikurikira:
- Ubururu (GP 001 A) - Iz’abikorera ku giti cyabo
- Icyatsi (ambassade) (01 CD 001 - Ibinyabiziga bya leta
R) - Ibigo bishamikiye kuri leta
- Umutuku - Ambassade
- Ibyanditse mu mazina bwite?
50 - Ku mihanda ibisikanirwamo iyo Ni ryali ikinyabiziga kibujijwe 0
ubugali butuma ibisikana guhagarara umwanya muto n’umunini
rikorwa batakigeze kuri 6m mu ruhande ruteganye n’urw’ikindi
- Ku mihanda y’ikerekezo kimwe, kinyabiziga gihagazemo?
iyo ubugali bw’umuhanda
usigaye butakigera kuri 3m
51 Iyo ijya mu karere hatarengeje 25 kms Ni ryali imodoka ipakiye, kawa, 1
uvuye aho yapakiriwe ibyatsi ishobora kurenza 2,75 m?
52 Ryaka gusa iyo gusubira inyuma Itara ryo gusubira inyuma ryaka ryali? 1
gutangiye
53 Minisitiri w’imari Ugutangwa ku ibyapa ndanga biri 1
Ibibazo test 1 7

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


kumwe n’ikarita iranga ikinyabiziga
bibanza gutangirwa imisoro bigenwa
n’iteka rya nde?
54 Iyo cyambaye inimero okiranga Ni ryali ikinyabiziga cyemererwa 1
kugenda mu nzira nyabagendwa?
55 Bitatu: Ibyapa, ibimenyetso byo mu Ibimenyetso bigenga uburyo bwo
muhanda, ibimenyetso bimurika kugenda mu muhanda birimo ibyiciro
bingahe? Bivuge

56 Ibitegekwa n’abakozi babifitiye Vuga uko ibitegekwa mu nzira


ububasha birusha agaciro ibindi nyabagendwa birushanya agaciro.
bimenyetso byose
Ibimenyetso bimurika birusha
ibimenyetso byo mumuhanda n’ibyapa
agaciro
57 Minisitiri ushinzwe gutwara abantu ishyirwaho ry’ibimenyetso rigengwa
n’ibintu na nde? Art 91 . 4

58 cfr Ibyapa byo ku muhanda bigizwe


n’ubuhe bwoko bw’ibyapa? Art 92. 1

59 Kuruhande rw’iburyo ukurikije Ibyapa byo kumuhanda bigomba


ikerekezo uganamo kuburyo gushingwa ku ruhe ruhande
bidashobora kujya munsi ya 1,50m cg rw’umuhanda? Kubuhe buryo
hejuru ya 2,10m Art 92. 2

60 N’ibyapa nyongera Ubusobanuro bw’icyapa gishobora


kuzuzwa , gusiganuwa cg kugenwa
n’iki?

61 - Kumumenyesha ko hari icyago Ibyapa biburira bibereyeho


- Imiterere yacyo kumenyesha umugenzi iki? Byerekana
- Kuyobora akurikije imiterere iki? Bimutegeka iki? Kubera iki? Art
y’icyago 93.1

62 N’ibyapa nyongera Ubusobanuro bw’icyapa gishobora


kuzuzwa , gusiganuwa cg kugenwa
n’iki?

63 - Hagati ya 100 m na 200m Ahatari mu nsisiro, ibyapa biburira


n’ibyapa byo gutambuka mbere
bigomba gushyirwa muntera ingana
ite? Art 94.2

64 - N’akapa nyongera kerekana F1 Iyo ahantu icyago cyaranzwe ari


harehare uburebure bw’igice cy’inzira
nyabagendwa icyo cyago kirimo
bushobora kwerekanwa n’ikihe cyapa?
(Art 94.4)
Ibibazo test 1 8

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1

65 - Imbere yaho icyago kiri Mu nsisiro, ibyapa biburira bigomba


gushyirwa he?

66 Icyapa k’inyongera gifite Iyo aho hantu hari kuri iyo nzira
akarangakerekezo k’umukara nyabagendwa, icyapa kiburira kikaba
gishobora kwerekana aho hantu habi gishinze aho inzira nyabagendwa
irasukira, bigenda bite? Art 94.6

67 Icapa cyo gutanga uburenganzira bwo


gutambuka mbere gishobora
gushyirwa ku nzira nyabagendwa gusa
iyo andi mayira yose arasukira mu
masangano ariho icyapa gitegeka
gutanga inzira cg guhagarara akanya
gato (STOP). 95.

68 cfr Ibyapa bitegeka n’ibyapa bibuza


bitandukanwa bite? Art 97.1

69 Mu gice cy’inzira nyabagendwa hagati Ibyapa bibuza n’ibitegeka bikurikizwa


yaho bishinze n’inkomane ikurikiyeho mu kihe gice cy’inzira? Art 98
k’uruhande rw’inzira bishinzeho.
70 Iyo ibibuzwa byinshi byubahirizwa
ahantu hamwe bigenda gute? Art 101

71 Bitatu (3) Vuga umubare ntarengwa


w’ibimenyetso bishobora gushyirwa
kungasire imwe .

72 Ahantu birushijeho kubonwa neza Ibyapa bitegeka bishyirwa ahantu


n’abo bigenewe hameze hate? Art 102

73 Kuyobora no gusobanurira abagenzi Ibyapa biyobora bigamije iki? Art 103


b’inzira nyabagendwa
74 Ibimenyetso bimurika mu buryo Ibimenyetso bimurika mu buryo
bw’amatara atatu: bw’amatara bifite amatara angahe?
- Umutuku: Birabujijwe kurenga yavuge kandi uyasobanure. Art 104.1
icyo kimenyetso
- Umuhondo: Birabijijwe
gukomeza keretse iyo wamaze
kurenga umurongo wo
guhagarara
- Icyatsi: Wemerewe kurenga
uwo murongo

Mu buryo bw’amatara abiri


- Itara ritukura ryitiriwe
Ibibazo test 1 9

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


umusaraba wa mutagatifu
Alekizandere: Birabujijwe
kurenga icyo kimenyetso
- Icyatsi rifite akarangacyerekezo
kareba hasi: Biremewe kurenga
icyo kimenyetso mu gihande
kerekana
77 - Abayobozi bemerewe ku kirenga, Iyo ikimenyetso kimurika cyagenewe
bapfa gusa kwiringira ko ko kuyobora ibinyabiziga kidakora
batabangamiye imigendere y’abandi bigenda bite? Art 104.6
78 Umutuku uba hejuru y’icyatsi Amatara ashyirwa kubimenyetso
Umuhondo ukaba hagati y’umutuku bimurika akurikirana ate? Mu buryo
n’icyatsi bwo kwaka akurikirana ate? Art 105
- Umuhondo waka nyuma
y’icyatsi
- Umutuku ukaka nyuma
y’umuhodo
- Icyatsi kikaka nyuma
y’umutuku
79 Uburyo bwo kugenda mu muhanda Ibimenyetso bimurika byerekana iki?
Bishyirwa iburyo bw’umuhanda Bishyirwa he? Art 106
ukurikije igice cy’umuhanda uganamo
ariko bishobora no gushyirwa ibumoso
cyagwa& ahandi hose kugirango
birusheho kugaragara neza.
80 Itara ry’umuhondo rimyatsa. Bivuga ko Kugirango berekane ahantu habi
uburenganzira bwo kurenga icyo cyane, hakoreshwa ikihe kimenyetso?
kimenyetso urushijeho kwitonda Bivuga iki? Art 107

81 Bikoreshwa kugirango bigaragaze Amatara cg Ibikoresho ngarura –


inzira nyabagendwa, bigomba rumuri bikoreshwa kubera iki? Art
gushyirwaho kuburyo abagenzi babona 108
Ibara ritukura iburyo, n’ibara ryera
ibumoso
82 Kugena uburyo bwo kugenda mu Ibimenyetso byo mumuhanda
muhanda bigenewe gutunganya uburyo bigenewe iki? Art 109
bwo kugenda mu muhanda , kuburira
cg kuyobora abagenzi
83 - n’imongo icagaguye Ibimenyetso birombereje bigizwe
- imirongo idacagaguye n’imirongo iteganye n’umurongo
- n’umurongo ucagaguye ugabanyamo umuhanda mo kabiri
ubangikanye n’udacagaguye bishobora kuba bigizwe n’iki? Art
110.1

84 Ibinyabiziga bigenda buhoro Mu muhanda ufite igice banyuramo


n’ibigenewe gutwara abantu gikikijwe n’uduce tugari tudafatanye
tw’ibara ryera hagomba guca ibihe
binyabiziga ? 110.5
Ibibazo test 1 10

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


85 Agahanda k’amagare Igice cy’inzira nyabagendwa
kigarukira kumirongo ibiri yera
icagaguye ibangikanye kandi gifite
ubugari budahagije kiba kigewe iki ?
Art 110.6

86 Bivuga ko uguhagarara umwaya munini Umurongo w’umuhondo ucagaguye


bibujijwe kuri uwo muhanda uciye ku nkombe nyayo y’umuhanda,
kuburebure bw’uwo murongo umusezero w’inzira y’abanyamaguru
cyangwa w’inkengero y’umuhanda
yegutse bivuga iki? 110. 8

87 Ugaragaza Inkombe z’umuhanda Umurongo mugari udacagaguye


ugaragaza iki? 110.9

88 Aho abayobozi bagomba guhagarara Umurongo mugari wera udacagaguye


akanya gato bategetswe babyeretswe uciye kuburyo bugororotse ku
n’icyapa “ STOP” cg n’ibimenyetso nkengero y’umuhanda werekana iki ?
bimurika
89 Werekana aho abayobozi bagomba Umurongo ugizwe na mpandeshatu
guhagarara akanya gato niba bishoboka nyampanga zifite amasonga yerekeye
kugirango batange inzira aho abayobozi zireba baturuka kandi
uciye ku byuryo bugororotse ku
nkengero y’umuhanda werekana iki ?

90 Erekanisha igishushanyo aho


abanyamaguru bambukira. (art 111.3)

Imirongo y’ibara ryera iteganye


n’umurongo ugabanya umuhanda mo
kabiri mu burebure bwawo.
91 Erekanisha igishushanyo ahanyura
amagare na za velomoteri. (111.4)

Imirongo ibiri icagaguye igizwe na za


kare (mpande enye ndinganire) cg
ingirwamwashi by’ibara ryera
92 Bishyirwaho n’ukora iyo mirimo Ibimenyetso byerekana imirimo mu
bikavanwaho n’uyikora imirimo nzira nyabagendwa bishyirwaho
okimara kurangira nande? Bivanwaho nande? (113)

93 - Bishyirwaho n’ubutegetsi Ibimenyetso by’inkomyi bishyirwaho


bushinzwe inzira na nde? (113.2)
nyabagenndwa, iyo ari inkomyi Iyo imirimo cg inkomyi biri ahantu
itatewe n’umuntu hatoya bigomba gushyirwaho ibihe
- Uwayiteye bimenyetso? (114.1)
- Hagati ya nimugoroba na mu
Ibibazo test 1 11

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


gitondo: Amatara yaka ku
buryobuhagije kuburyo
abonerwa muri 150 m iyo ijuru
rikeye: aya matara agaragara
atukura kuruhande
rwambukiranya umuhanda,
akagaragaza ibara ryera cg
umuhondo kuburebure
bw’umuhanda.
- Hagati ya mugitondo na
nimugoroba: Utubendera
dutukura dufite nibura 50cm
kuri buri ruhande
- Icyapa kerekana ko hari imirimo
ikorwa kuri buri mpera
94 - Ahitaruye hashyirwa icyapa Igihe ikorwa ry’imirimo ribangamiye
kerekana ko hari imirimoikorwa cyane cg buke uburyo bwo kugenda
- Uruzitiro ruri ahakorwa imirimo mu muhanda ahakorerwa imirimo
k mpera zombi hagaragazwwa ku buryo bumeze bute?
114.2

95 - Kugenda buhoro Umuyobozi agomba gukora iki ngo


- Kunyura indi nzira yirinde kwangiza umuhanda? (9)
- Kugabanya ibyo ikinyabiziga
kikoreye
96 - Bigomba kugira ubiyobora Ikinyabiziga cyose cg ibinyabiziga
bikururana bigomba kugira iki? (10.1)

97 - No gukingirizwa n’abantu By’umwihariko, umuyobozi ntagomba


atwaye n’uko bafashe imyanya guterwa imbogamizi igihe ayobora
- N’ibintu bitabona bometse n’iki ? (10.2)
kubirahure by’ikinyabiziga
98 - 20 ans C, D,E,na F Imyaka y’ifatizo kugirango umuntu
- 18 ans A na B yemererwe kuyobora hakurikijwe
- 17 Velomoteri / igare ihetse urwego rw’ibyo ayobora n’iyihe?
- 15ans velomoteri / igare yitwaye
- 14 ans ayoboye inyamaswa
zikurura
- 12 ayoboye amatungo
99 Zigendera ku nkombe y’iburyo Inyamaswa zigendera ku yihe
nkombe? (12.1)

100 - Mu mihanda y’icyerekezo Kugenda ku mirongo ibangikanye


kimwe igihe umuhanda ufite byemewe he?12….
nibura ibice bibiri
- Kugice cya kabiri cy’iburyo iyo
kubisikana ku umuhanda
byemewe ku muhanda ufite
ibisate byinshi
Ibibazo test 1 12

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


- Abakozi babifitiye ububasha
bashobora kubitegeka
101 - Kwitonda bihagije bijyanye Umuyobozi wese ugiye kugera mu
n’uko aho agenda hameze. nkomane agomba gukora iki? 15.1
- Kureba neza niba umuhanda
agiye kwinjiramo nta nkomyi
irimo.
- Kugenda agabanya umuvuduko
akurikije ko atabona.
- Gutanga ikimenyetso y’uko
ageze hafi.
102. - Kureka ibinyabiziga Umuyobozi wese uvuye mu nzira
a biyigendamo bigatambuka nyabagendwa ifite ibyerekezo bibiri
akaba ashaka kwinjira mu yindi ifite
icyerekezo kimwe agomba gukora iki?
15.2

102. Areka ibinyabiziga byayigezemo Umuyobozi ugiye kwinjira mu


b bigatambuka isangano aho bagomba kuzenguruka
akora iki? 16.2

103. - Ntashobora kubigira atabanje Umuyobozi wese ushaka kugira aho


a kwiringira ko nabigira ataza guteza agana ntashobora kubigira atabanje
ibyago cg ngo abere inkomyi abandi kwiringira iki? 17.a
bagenzi bamukikije, bamuri imbere cg
bagiye kubisikana, akabigira akulikije
uko abandi bagenzi bari mu muhanda,
aho bagana n’umuvuduko bafite.
103 - Kubyerekana ku buryo Mbere yo gukata cyangwa kujya
budashidikanywaho akoresheje kuruhande rw’umuhanda, umuyobozi
indanga – cyerekezo wese agomba mbere y’igihe gukora
z’ikinyabiziga cye, cyangwa iki? 17.c
byaba bidakora ,
byamushobokera
akabyerekanisha ukuboko
104 - Ibinyabiziga bigenda Kubisikana no kunyuranaho bireba
nde? (19.1)

105 Muruhande rw’iburyo Kubisikana bikorwa muruhe ruhande?


(20.1)

106 - Bashobora kunyura mu nzira Iyo ubugari bw’inzira nyabagendwa


z’impande z’abanyamaguru budahagije kugirango ibisikana
- Bategetswe koroherana ryorohe, abayobozi bashobora gukora
iki? Bategetswe iki? 20.3

107 - Umuyobozi umanuka ashyira Mu mihanda yo mu misozi no mu


ikinyabiziga kuruhande nzira nyabagendwa zicuramye cyane
kugirango uzamuka atambuka cyane aho ibisikana ridashoboka cg
Ibibazo test 1 13

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


- Iyo ari ngombwa ko riruhije, abayobozi babigenza bate?
ikinyabiziga kimwe gisubira 20.5
inyuma:
…………..
108 Bikorerwa ibumoso Kunyuranaho bikorewa muruhe
ruhande? 21
109 Iyo ikinyabiziga ugiye kunyuraho Kunyuranaho bikorewe iburyo ryali?
kigiye gukatira ibumoso 21.1

110 - Ko uwo agiye kunyuraaho Mbere yo kugira uwo anyuraho,


aterekanye ko ashaka kunyura umuyobozi wese agomba kwirngira
ku uwundi cg kugana ibumoso iki? 21.2
- Ko nta nkomyi iri mu gisate
agiye kkunyuramo
- Ko ashobora kugaruka
muruhande rw’iburyo
ikinyabiziga atabangamiye
abandi bayobozi
- Kwerekana icyo agiye gukora
111 - Kwegera uruhande rw’iburyo Umuyobozi wese ubonye ko hari
atongereye umuvuduko ugiye kumunyuraho agomba gukora
- Iyo ikinyabiziga cye kirengeje iki? 21.6
8m z’uburebure, agomba
kwerekana akoresheje
ikimenyetso cyabigenewe ko
yabonye ikimenyetso cyo
kumunyuraho.
112 - Iyo : Mu mihanda bagendamo mu
• Ari kugapando byerekezo byombi, kunyuranaho
• Ari mu ikoni ibumoso birabujijwe, bitewe n’ iki?
• Hari igihu 22.1 - 2
• Atabasha kureba muri 100m
abagenzi bamuturuka imbere
• Iyo uwo agiye kunyuraho
yerekana ko agiye gukatira
ibumoso
113 Shushanya icyapa kikubuza kunyura
ku binyabiziga byose uretse
ibinyamitende ibiri n’amapikipiki
adafite akanyabiziga ko kuruhande
(22.3)

114 - Uko umuhanda umeze Umuyobozi wese agomba kuringaniza


- Uko ikinyabiziga kimeze umuvuduko w’ikinyabiziga akurikije
- Ibyo ikinyabiziga kikoreye iki? 26.1
- Uko habona
- Ubwinshi bw’ibinyabiziga biri
mu muhanda
Ibibazo test 1 14

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


- Imiterere y’ikirere
115 - Aho abansha kugeza amaso n’imbere Agomba guhagarika ikinyabiziga cye
y’inkomyi yoses idatunguranye akurikije iki? 26.1

116 - 80 km/h Iyo nta mategeko awugabanya


- 70km/h : ibitwara abantu by’umwihariko, umuvuduko
bitarengeje 3500kg ntarengwa w’ibinyabiziga uteye ute?
- 60 km/h: entre 3,5 – 12,5 tones 29.2
- 50kms/h: velom + camion
- 25 km/h torotoro
117 Uretse igihe hari amategeko abitegeka
ukundi, ikinyabiziga cyose cg
inyamaswa ihagaze umwanya muto cg
munini igomba kuba iri he?

118 Ni ibihe binyabiziga bibujijwe


guhagarara umwanya munini mu gihe
cy’iminsi irindwi ku nzira
nyabagendwa? 32.3

119 - 20m ahatari mu nsisiro Iyo nta mategeko yihariye akurikizwa,


- 5m mu nsisiro ni uwuhe mwanya usigara hagati
y’ibinyabiziga bibiri bihagaze
umwanya munini ku ruhande rumwe
rw’umuhanda ubisikanirwamo?. 32.7

120 Vuga nibura ahantu hatatu Guhagarara


akanya gato no guhagarara akanya
kanini bibujijwe: (33.2)

121 Intabaza zihariye zigomba


gukoreshwa ryali? Amatara yazo
amyatsa asa ate? 36.1

122 Intabaza ndangurura jui ikoreshwa


ryali? 36.3

123 - agomba kugihigamira kandi Umugenzi uri mu nzira nyabagendwa


byaba bishoboka agahagarara iyo asatiriwe n’ikinyabiziga
kugirango gihite ndakumirwa kirangwa n’intabaza
- ndangurura jwi yihariye abigenza ate?
37.1
124 Ku ruhande rw’iburyo Imirongo y’ingabo n’udutsiko
tw’abanyamaguru bagendera he mu
muhanda? 38.1

125 - Umurongo w’abasirikare Abagenda mu nzira nyabagendwa


- Umurongo w’udutsiko babujijwe kwata (couper) :38.2
tw’abanyamaguru, bayobowe
Ibibazo test 1 15

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


n’umwalimu
- Uruhererekane
126 - a Uruhushya rw’amasiganwa rutangwa
- b na nde ? 39.2
- c

127 Uruhushya rw’amasiganwa cg imikino


y’ibinyabiziga ruhabwa nde? Agomba
kwerekana iki? 39.3

128 - 8 tones Uretse iyo icyapa kibyerekana ukundi,


- uburemere ntarengwa ku mateme
akozwe mu biti cg mu mbaho bungana
iki? 40.2

129 - Gutonda umurongo umwe no Iyo begereye ibyome, abayobozi


guhagarara kuruhande bagitegereje gutambuka bagomba
rw’iburyo gukora iki? 40.3

130 - Ibinyabiziga bitwaye abarwayi


cg inkomere n’ibitwaye Ibinyabiziga byemerewe gutambuka
abaganga bahurujwe mbere y’ibindi, iyo byegereye ibyome
- Ibinyabiziga ndakumirwa ni ibihe? 40.3
- Ibinyabiziga bitwaye umuntu
ufite uburenganzira bwo
gutambuka mbere
- Ibinyabiziga bitwaye ubutumwa
bwanditse kandi bifite
ikimenyetso
- Ibinyabiziga bitwaye amatungo

131 - abayobozi n’ababaherekeje Ni nde (bande) bemerewe kujya mu


- kinyabiziga igihe gishyirwa mu
cyome (kiva mu cyome)? 40.4

132 - Kumanura ibirahure Umuyobozi w’imodoka agomba


gukora iki mbere yo kuyishyira mu
cyome na mbere yo kuyikuramo ageze
ku nkombe yo hakurya? 40.5

133 - Iyo ari hagati yo kurenga no Ni ryali amatara magufi, amatara


kurasa kw’izuba, cg bitewe ndanga n’amaremare bicanirwa
n’ibihu cg imvura nyinshi rimwe? 43.1
bidashoboka kubona muri 100m
134 - Iyo ikinyabiziga gihagaze Amatara magufi n’amaremare
bigomba kuzima ryali ? 43.2
Ibibazo test 1 16

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


135 - Ikinyabiziga gihagaze Amatara maremare y’ikinyabiziga
- Iyo umuyobozi ahuye n’ikindi agomba kuzimwa ryali? 43.3
kinyabiziga
- Iyo akurikiye ikindi kinyabiziga
ngo muri 50 m
- Iyo hari urumuri ruhagije
kumuhanda

136 - Igihe cyose bigenda mu nzira Amatara magufi y’amapikipiki na za


nyabagendwa velomoteri agomba gukoreshwa
ryali ? 43.4

137 Amatara kamenabihu akoreshwa


ryali ? 43.5

138 Amatara yo gusubira inyuma acanwa


ryali? 43.7

139 - iyo ari ngombwa kandi Amatara ashakisha acanwa ryali? 43.8
bitabangamiye uburyo bwo
kugenda mu muhanda
-
140 Ni ryali gukoresha amahoni ari
ngombwa ? Bimara umwanya ungana
ute ? 47.2

141 Oya Ese biremewe kuvuza ihoni ahegereye


amatungo cg inyamaswa? 47.5

142 - Bagenda ku murongo Abanyamaguru bagenda mu muhanda


nijoro, hatabona cg hari ibinyabiziga
byinshi bagenda bate? 48.5

143 - 30m Hagati y’ibinyabiziga biherekeranije


mu butumwa hagomba kubamo
umwanya ungana ute ? 49.1

144 Ni ryali ibinyabiziga bya gisilikare


biherekeranije mu butumwa
bitubahiriza amategeko agenga
imodoka ziherekeranije mubutumwa ?
Art 49.1

145 - 4 zikurikiranye Umubare w’inyamaswa zikurura


- 3 zibangikanye ikinyabiziga ni zingahe? art 51.1

146 2,65m Ubugari bw’ikinyabiziaga cg


ibinyabiziga bikururana nibirenze ku
Ibibazo test 1 17

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


mubyimba wabyo hatabariwemo
amatara yerekana ikerekezo
n’indorerwamo ziboneshwa
ntibishobora kurenza uruhe rugero?
57.1

147 Cm 75 velomoteur, 125 cm ipikipiki Ubugari ntarengwa bwa romoroki


ikuruwe n’ipikipiki, igare cg
velomoteri ni ubuhe? 57.1.a et b

148 Ni ubuhe bugari ntarengwa bwa


romoroki ikuruwe n’ipikipiki ifite
akanyabiziga kometse ku ruhande
rwayo, cg iyo ikuruwe
n’ikinyamitende itatu cg ine, gifite cg
kidafite moteur? 57.1.c

149 Ni ubuhe bugali ntarengwa


bw’inyabiziga bihinga, bitarenza
umuvuduko wa 20km/h iyo bijya cg
biva mu murima? 57.1.c

150 1. Ni ibihe binyabiziga bigira


uburebure ntarengwa bwa 7 m?
57.2.a

151 2. Ni ibihe binyabiziga bigira


uburebure ntarengwa bwa 11m?
57.2.B

152 3. Uburebure buri hagati


y’imipira y’inyuma n’iyimbere
n’uburebure bw’ibice by’imbere
n’iyinyuma y’imipira ku
binyabiziga bifite imitambiko
irenga ibiri bupimwa bahereye ku
ki? 57.4.

153 4. Ni mu buhe buryo imizigo


ipakiye mu kinyabiziga igomba
gupakirwa no gupangwa? 60.1

154 Ubumbarare bw’ikinyabiziga gipakiye


(ubugari) bupimiwe mu butambike
ubwo ari bwo bwose hapimiwemo
n’ibirenga ku mubyimbantibushobora
kurenza:
155 Iyo imizigo irenga impera y’imyuma
y’ikinyabiziga ho 1 m, igice
Ibibazo test 1 18

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


cy’imyuma y’iknyabizigo kigomba
kugaragazwa n’iki? 63.

156 5. Ibimenyetso bikoreshwa


kugirango berekane impera
y’inyuma y’imizigo ntibishobora
gushyirwa ku buhagarike burenze:
1,55 m uhereye ku butaka. 63.

157 6. Ubugari bw’imizigo itwawe


n’amagare na za velomoteri na
za romororki zayo: 75 cm (Art
64.1).

158 7. Iyo moto ifite akanyabiziga ko


kuruhandek’imwe n’ubw’iya
romroki ikuruwe na byo: 30 cm
zirenga kubugari
bw’ikinyabiziga 64.2.b

159 8. Imizigo ipakiwe n’amagare,


velomoteri, moto n’ibinyamitende
ibyari byo byose na za romoroki
zikururwa nazo ntishobora
kurenga imbere, kandi
ntishobora kurenza 50cm
inyuma 65.

160 9. Uyoboye ikinyabiziga gifite


moteri agomba kugira aho yicara
hatari munsi ya 55 cm ( Art 66.a.1)

161 10. Umuyobozi w’ibyo


binyabiziga, ntashobora kwicarana
n’abandi bantu igihe buri wese
atabona nibura 40cm

162 11. Mu mijyi ndetse ,o mumihanda


y’igihugu, ubwikorezi ntarengwa
bwemewe kuri buri mutambiko
ufungwaho ibiziga bine buzaba:
(67.1.A)

163 12. Ikinyabiziga kigendeshwa na


moteri n’ikinyabiziga gikururwa
n’inyamaswa ntibishobora
gukurura ibinyabiziga birenze
bibiri. Art 70.1
Ibibazo test 1 19

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


164 13. Ipikipiki ifite akanyabiziga
kuruhande ntishobora gukurura
romoroki n’imwe.

165 14. Iyo ibinyabiziga bikurura


ibirenze bibiri uburebure
ntibugomba kurenga 25m. 70.3

166 15. Iyo hagati y’uruhande


rw’imbere rwa romororki
n’uruhande rw’inyuma
rw’ikinyabiziga kiyikururahari
umwanya urenze 3m, ikibiziritse
kigomba kugaragazwa n’iki? 71.1

16. Ibizirikisho by’iminyururu cg


by’insinga kimwe n’ibindi
bizirikisho by’ingoboka
bikoreshwa ryari? Kubera iyihe
mpamvu? 71.2

17. Ibyo bizirikisho bigaragazwa


n’iki? 71.2

18. Iyo uburemere ntarengwa


bwemewe bwa romoroki burenga
750 kgs gc ½ bw’uburemere
bw’ikinyabiziga gikurura kirimo
ubusa, ibyuma bya feri bikaba
bitifunga ubwabyo igihe
ikizirikisho cy’ingenzi gicitse, iyo
romoroki igomba kugira
n’ikizirikisho cyo gutabara
gikozwe mu minyururu cyangwa
mu nsinga.

19. Gutwara ibintu bidashobora


kugabanywamo ibice, no gutwara
ibinyabiziga cg romoroke
zikoreshwa mu gutwara ibyo bintu
kandi ibiziranga bikaba birengeje
ingero ntarengwa zivugwa mu
itegeko bitangirwa uruhushya na
Ministiri Ushinzwe gutwara
abantu n’ibintu amaze kuvuga
ibyangombwa bigomba kuzuzwa
kugirango rutangwe. (Art 72.1)
Ibibazo test 1 20

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


20. Iyo uruhushywa rwasabwe
rwerekeye ubugari, uburebure cg
ubuhagarike rugomba
kwandikwaho itariki, kandi
byaba ngombwa rukandikwaho
isaha ibintu bizatwarirwao
nkimwe n’aho bizanyura.72.2

21. obanura aya magambo:


Ibiziga by’umutambiko
Feri y’urugendo
Feri yo guhagarara umwanya
munini
Feri yop gutabara
Romoroki:
Makuzungu
22. Ibyerekeye feri (gusoma
igazeti art 74 yose)

23. Amatara y’ibinyabiziga


agomba kuba ateye kubuhe buryo?
75.1

24. Amatara ashobora kurenga


ibiri asa ku kinyabiziga ni ayahe?
75.3

25. Utugarura rumuri tuba duteye


dute? 75.5

Nta tara na rimwe cg akagarura –


rumuri bishobora kuba bifunze
kuburyo igice cyabyo cyo hasi
kimutika cyaba kiri hasi ya 40 cm
kuva ku butaka, igie ikinyabiziga
kidapakiye. 75.5
26. Kubijyanye n’itara kamena
bihu n’itara ryo gusubira inyuma,
ibyo ntibyubahirizwa. 75.5 (
Utugarura rumuri ahari hejuru
ntihashobora kurenza 1,20m 77.5)

27. Ibinyabiziga bifite


uburumbarare burenga 2,10cm
bigomba kugira amatara ndanga.
76.1.a.(8).1.2

28. Amatara - ndanga agomba


kuba adahumisha cg ngo atere
Ibibazo test 1 21

N° Ibisubizo bya test 1 Ibibazo test 1


abagenzi imbogamizi, kandi
agaragara nijoro igihe ijuru rikeye
muri 300 mnibura, uhereye
imbere n’inyuma h’ikinyabiziga.
Ku binyamitende na velomoteri,
iyo ntera iba gusa 100 m. 77.1.

29. Utugarurarumuri tubonerwa


muri 150m. 77.2

30. Utugarurarumuri tubonerwa


muri 150m. 77.2
31. akagarura - rumuri twa
romoroki (80cm) ikuruwe
n’ipikipiki kaba ari kamwe ka
mpande eshatu ireba hejuru 77.2

32. Utugarurarumuri tubonerwa


muri 150m. 77.2
33. akagarura - rumuri twa
romoroki (80cm) ikuruwe
n’ipikipiki kaba ari kamwe ka
mpande eshatu ireba hejuru 77.2

34. Utugarurarumuri tubonerwa


muri 150m. 77.2
35. akagarura - rumuri twa
romoroki (80cm) ikuruwe
n’ipikipiki kaba ari kamwe ka
mpande eshatu ireba hejuru 77.2

36. Amatara maremare agomba


nibura kugeza urumuri muri 200m.
78.1

Você também pode gostar